Ruhango: Imihigo ibiri niyo itareshejwe 100%
Mu mihigo 67 akarere ka Ruhango kagombaga kwesa mu mwaka wa 2014-2015, ibiri gusa niyo itarabashije kweswa 100% nk’uko byifuzwaga. Umuhigo wo kubaka gare y’aka karere ndetse n’umugigo wo kubaka...
View ArticleRuhango: urubyiruko rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko, u rwo mu karere ka Ruhango, rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho n’u Rwanda ruharanira kubiteza imbere. Umunsi mpuzamhanga w’urubyiruko uba tariki ya 12/08...
View ArticleGusubira ku biyobyabwenge kubavuye Iwawa n’ikosa ry’Uturere
Abavuye Iwawa bashyizwe muri Koperative United for Development Cooperative Ubuyobozi bw’uturere butungwa intoki kuba hari abana bavanwa Iwawa bakongera gusubira mu biyobyabwenge kandi dufitanye...
View ArticleHuye: Bishimiye umwanya wa mbere mu mihigo 2014-2015
Abanyehuye, baba abayobozi ndetse n’abafatanyabikorwa, kuri uyu wa 25/8/2015 bishimiye umwanya wa mbere akarere kabo kagize mu mihigo 2014-2015. Iki gikorwa cyabimburiwe n’akarasisi k’abayobozi bo muri...
View ArticleGatsibo: Bafashe ingamba nshya zo kuzesa imihigo
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Gasana Richard Nyuma yo kuza ku mwanya wa 24 mu mihigo, ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bufatanyije n’abaturage ubu bafashe ingamba nshya. N’ubwo Akarere ka Gatsibo...
View ArticleRwamagana: Polisi n’abaturage bamennye ibiyobyabwenge birimo Kanyanga n’Urumogi
Ibi biyobyabwenge byagiye bifatwa mu buryo butandukanye mu gihe cy’amezi atandatu ashize. Polisi y’Igihugu ifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Rwamagana, tariki 29/08/2015, yangije ibiyobyabwenge...
View ArticlePolice destroy illicit drugs in Rwamagana
Police on Thursday destroyed a variety of drugs and illicit brews worth 2.5m in Rwamagana District, in part of nationwide campaigns aimed at protecting the country against the effects of drug abuse....
View ArticleGatsibo: Mayor vows to improve district performance
Richard Gasana Gatsibo district Mayor Richard Gasana, has said he believes his district can do better, despite the previous poor performance. He said this while meeting district...
View ArticleD-Day in Rwanda as 24 Baby Gorillas Get Names
Rwanda’s revered Mountain Gorilla population has risen tremendously over the last one year following the continuous conservation focus by the Rwanda Development Board in partnership with the Volcanoes...
View ArticleMatyazo Residents Celebrate Achievements
Residents of Matyazo sector in Ngororero district have been implored to collectively participate in implementing performance contracts from household level. The call was made yesterday by Etienne...
View ArticleNyamagabe: Amafaranga agenewe ibikorwa by’iterambere agiye kongerwa
Akarere karatangaza ko amafaranga agenewe ibikorwa by’iterambere, hafashwe ingamba z’uko yakongerwa ugereranije n’agenewe ibikorwa by’ubuzima busanzwe bw’akarere. Mu kiganiro n’abanyamakuru, kuri uyu...
View ArticleNyabihu: Umurenge w’umujyi waherutse indi mu mihigo Rugera iba iya mbere
Major General Moubarak na Perezida wa njyanama bashyikirije ibikombe 2 ba kabiri Umurenge w’umujyi ariwo wa Mukamira mu karere ka Nyabihu niwo waherutse indi mu mihigo, Rugera iza ku mwanya wa mbere....
View ArticleNgororero: Ba mudugudu 13 bahawe ibihembo by’indashyikirwa
Abakuru b’imidugudu 13 mu mirenge 13 igize akarere ka Ngororero bahawe amagare nk’ibihembo by’indashyikirwa mu kwesa imihigo ya 2014-2015. Kuwa 04 Nzeli 2015, mu muhango wo kwishimira umwanya wa...
View ArticleRwanda Senate Probing Proposed Constitutional Amendment Team
Dr. Iyamuremye Augustine Rwanda’s senate has this morning interviewed seven commissioners that were proposed by the cabinet yesterday to support lawmakers in amendment of constitutional. “We sat an...
View ArticleGicumbi – Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro gasaga miriyoni 2
Aha batoboraga amasashe arimo kanyanga Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi yangije ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 2 n’ibihumbi 640 inakangurira urubyuruko kubireka kuko bibangiriza ubuzima ....
View ArticleIn Rwanda, Money Winds Now Blowing To The Rural
Youth at a carpentry and joinery workshop in Rubavu district. Rural Rwanda is currently attracting more private investments compared to the urban areas. The rural Rwanda is increasingly attracting...
View ArticleGermany ambassador describes Rwanda Police as highly professional
Germany Ambassador to Rwanda, Peter Fahrenhotz has described the National Police as a highly professional force. The ambassador said this while opening a six-day training of 16 police officers in...
View ArticleGakenke: Ikibazo cy’amarondo kigiye guhagurukirwa
Ikibazo cy’amarondo adakorwa neza kigiye guhagurukirwa kugirango kurarana n’amatungo bicike burundu kuko hari aho byagiye bigaragara ko adakorwa nkuko bikwiye Ni umwanzuro wafatiwe mu nama...
View ArticleAkarere ka Kirehe karakize ikibazo ni imyumvire-Min Kaboneka
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asanga akarere ka kirehe gafite ubukungu butabyazwa umusaruro uko bikwiye kuko hakigaragara inzara n’umwanda. Yabivugiye mu nama mpuzabikorwa y’akarere ka Kirehe yo...
View ArticleNyaruguru: Barasabwa guha agaciro gahunda za leta
Abayobozi bo mu nzego z’ibanze mu karere ka Nyaruguru barasabwa gaha agaciro no gushyira mu bikorwa gahunda za . Ibi byagarutsweho n’umuyobozi w’intara y’Amajyepfo Munyantwari Alphonse ubwo...
View Article