Burera: Bifuza ko Perezida yajya atorerwa manda y’imyaka 7, umubare wa manda...
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Burera bifuzza ko ingingo ya 101 y’itegeko nshinga ry’u Rwanda yavugururwa ubundi ikandikwa ko perezida wa Repubulika yajya atorerwa manda y’imyaka irindwi,...
View ArticleNyaruguru: Abaturage bamaze gusobanukirwa uburenganzira bwabo bwo gutanga...
Intumwa za rubanda zimaze ibyumweru 2 mu karere ka Nyaruguru ziganira n’abaturage ku ivugururwa ry’ingingo ya 101 mu itegeko nshinga zirashimira uburyo abaturage bamaze gusobanukirwa n’uburengenzira...
View ArticleAgereranya Rwigema nka Mose naho Kagame akamufata nka Yosuwa:Umupasiteri
Abahagarariye amadini na sosiyete civile bitabiriye kugaragaza ibitekerezo byabo ku mpamvu bifuza ko ingingo y’101 yahinduka Kanyamutuzo Elias ni umwe mu bapasitoro b’Abadiventiste mu Karere ka...
View ArticleNgo ntawe ugihambira impamba ku maguru ajya gushaka ubuyobozi :Umusaza...
Abadepite bijeje abaturage ba Shyira ko ibyifuzo byabo bazabigeza kubo bigenewe,dore ko buri cyose ngo baba bacyanditse Muzehe Mujyarugamba Filipo,atuye mu Kagari ka Kimanzovu mu murenge wa Shyira....
View ArticleGahini: Barashaka Ko Kagame akomeza kuyobora, ariko ntibahuriza ku buryo...
Abaturage bo mu murenge wa Gahini mu karere ka Kayonza baravuga ko badashobora kwitesha Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuko yabayoboye neza bagatera imbere. Rwabugande Celestin utuye mu kagari ka...
View ArticleNyamasheke: Abavuga rikumvikana basanga kubura Kagame ari nko kubura umubyeyi...
Mu gikorwa cyo kumva ibyifuzo by’abaturage ku ivugururwa ry’itegeko nshinga cyane cyane ihinduka ry’ingingo yaryo ya 101,igena manda z’umukuru w’igihugu, bamwe mu bavuga rikumvikana bo mu karere ka...
View ArticleNyanza: Umurenge wa Ntyazo waje ku isonga mu kwesa imihigo ya 2014/ 2015
Umurenge wa Ntyazo ubarizwa muri imwe mu mirenge 10 igize akarere ka Nyanza waje kuri uyu wa 3 Kanama 2015 ku isonga mu kwesa imwe mu mihigo yahizwe mu mwaka wa 2014-2015 hagendewe kuri gahunda za...
View ArticleKamonyi: Ku munsi w’umuganura, buri mudugudu wa Ruyenzi wamuritse imihigo...
Mu kagari ka Ruyenzi ho mu murenge wa Runda, umunsi w’umuganura wizihirijwe mu mudugudu wa Nyagacaca ahahuriye abaturage b’imidugudu itanu igize aka kagari, maze abakuru b’imidugudu na bamwe mu...
View ArticleNyanza: Impunzi z’Abarundi zibukijwe uruhare rwazo mu kubumbatira umutekano
Impunzi z’abarundi zicumbitse mu bice bitandukanye by’umujyi wa Nyanza mu karere ka Nyanza zibukijwe ko uruhare rwazo rukenewe mu kubumbatira umutekano waho ziherereye. Bamwe muri izi mpunzi babisabwe...
View ArticleRuhango: Abaturage barasabwa kwita ku bibahungabanyiriza umutekano
Bimaze kugaragara ko mu karere ka Ruhango hakiri ikibazo cy’ amakimbirane mu bantu ku giti cyabo cyangwa ayo mu miryango, aterwa n’ ubuharike, rimwe na rimwe bikabyara ubwicanyi , hakaba kandi...
View ArticleKagamecracy Is Making Rwanda a Bad Teacher For Developing Nations (Part I)
President Kagame speaks on Rwanda’s economic transformation at the Harvard Business School – Boston, 11 March 2013 Rwanda has been likened to Singapore, even labelled the African version of the Asian...
View ArticleGakenke: Abaturage ntibatunguwe n’umwanya wa nyuma mu mihigo
Abaturage ba gakenke ngo ntibishimiye umwanya wa nyuma Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gakenke baravuga ko nubwo batishimiye umwanya wa 30, wanyuma mu turere twose mu kwesa imihigo ya 2014-2015,...
View ArticleNyaruguru: Umurenge wa Nyagisozi ku isonga mu mihigo ya 2014-2015
Mu isuzuma ry’imihigo y’imirenge mu mwaka wa 2014-2015, harebwa uko yeshejwe, umurenge wa Nyagisozi niwo waje ku isonga n’ijanisha ry’amanota 89,8%. Ibi byatangajwe kuri uyu wa 18 Kanama ubwo imirenge...
View ArticleNyaruguru: Batewe ipfunwe no gusubira inyuma mu mihigo
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buratangaza ko abakozi bose b’ako karere batewe ipunwe n’umwanya wa 17 akarere kabonye mu mihigo y’umwaka wa 214-2015, kqvuye ku mwanya wa 9. Umuyobozi w’akarere ka...
View ArticleNyamasheke: Ngo Ibirori n’izuba ry’impeshyi biri mu bihebera ibyaha
Ngo impeshyi n’iminsi mikuru bihembera ikorwa ry’ibyaha, byatangajwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke nyuma y’inama y’umutekano,ya tariki ya 19 Kanama 2015. Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke,...
View ArticleKarongi: kudakorera hamwe nibyo byatumye batesa imihigo
Perezida wa Njyanama ya karongi Nsanzabaganwa Emile aganira n’abari mu mwiherero Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi, abajyanama n’abafatanyabikorwa mu mwiherero w’iminsi ibiri bakoreraga Rubavu, basanze...
View ArticleNyanza: Batewe ishema n’umwanya bajeho mu mihigo
Nyuma yaho imurikwa ry’imihigo ya 2014- 2015 ishyize akarere ka Nyanza ku mwanya wa gatatu mu turere 30 tugize igihugu cy’u Rwanda, ubuyobozi bw’aka karere bwatangaje kuri uyu wa 19 Kanama 2015 ko...
View ArticleIwawa Changed Me from Drug Addict to Masonry
Graduands at Rwanda youth rehabilitation center; participants acquire skills in various domains: Carpentry, tailoring, masonry, modern farming; and driving GerômeTwahirwa18 was in January 2014...
View ArticleKamonyi: Abakozi barasabwa gukora cyane bakagera ku mihigo
Umuyobozi w’akarere Rutsinga Jacques arasaba abakozi gukora cyane mu ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’umwaka wa 2015/2016 kuko ariyo yihutisha iterambere. Tariki 24/8/ 2015, abakozi b’akarere...
View ArticleNyamagabe: Abaturage babashije kwesa imihigo ariko ngo ntibibahagije
Abaturage nubwo babashije kwesa imihigo ugereranyije n’ibihe byashize, ngo ntibibahagije bitewe n’uko bumva ko hari byinshi batarabasha kugeraho. Umwaka w’imihigo ushize wa 2013-2014, akarere ka...
View Article