Gicumbi – Polisi yahuguye abakozi gukoresha kizimyamwoto
Mu rwego rwo gukumira inkongi z’imiriro n’ibiza urwego rwa polisi rushinzwe gukumira Ibiza n’inkongi y’umuriro rwahuguye abakozi baturutse mubigo bitandukanye uburyo bwo gukoresha kizimyamwoto....
View ArticleRambura: Bashimwe aho imihigo igeze, basabwa kongera ingufu mubitari byagerwaho
Mu isuzuma ry’imihigo mu murenge wa Rambura, bashimwe intambwe bagezeho mu kwesa imihigo itandukanye bahize ishingiye ku bukungu, imiberego myiza y’abaturage, iterambere, ubutabera n’ibindi. Gusa...
View ArticleGatsibo: Urubyiruko rurasabwa kuba umusingi w’imiyoborere myiza
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’urubyiruko Nkuranga Alphonse Urubyiruko rwo mu karere ka Gatsibo rurasabwa kuba umusingi w’imiyoborere myiza n’iterambere ry’igihugu. Ibi uru rubyiruko...
View ArticleIPRC West: Unlocking the High -Tech World
Guest gets explanations on how a mobile phone starts a car Sylver Shyaka is now the most talked about technician in modern Rwandan technology. He has unlocked the high-tech World with his innovations....
View ArticleGicumbi – Urubyiruko 9 nirwo rworojwe inka, mu gikorwa cyo gusoza ukwezi...
Aha bari bagiye kuganira n’urubyiruko Mu rwego rwo gufasha bamwe murubyiruko kwiteza imbere no gushimangira gahunda ya Girinka munyarwanda urubyiruko icyenda nirwo rworojwe inka mu gikorwa cyo gusoza...
View ArticleArmy welfare on top as RDF revises its Budget
Defense Minister Gen. James Kabarebe led a high-level Ministry to Parliament today in Kigali (Courtesy photo) The Ministry of Defence (MoD) has announced it will increase army allowances and other...
View ArticleBudget 2014-2015 : L’armée rwandaise, vers l’amélioration des conditions de vie
Le Ministre rwandais de la Défense (MINADEF), le Général James Kabarebe a présenté le budget des Forces Rwandaises de Défense (RDF, sigle en anglais) mardi le 03/2014 au Parlement. Le Gén. Kabare,...
View ArticleGakeneke: Birakwiye ko igikorwa cy’umuganda cyitabirwa kuburyo bushimishije
Ubwo kuri uyu wa 31 Gicurasi 2014 hakorwaga umuganda rusange mu Karere ka Gakenke uyu muganda waranzwe no kubakira umwe mubanyarwanda birukanwe mugihugu cya Tanzania hamwe n’ibindi bikorwa birimo...
View ArticleRulindo: hibutswe abana bazize jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
Ku cyumweru tariki ya 1 Kamena 2014, abaturage, abayobozi, abana n’abashyitsi batandukanye bitabiriye umuhango wo kwibuka abana bishwe mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi muri mata umwaka w’1994 bo...
View ArticleGatsibo: Abari abakozi b’ibitaro bya Kiziguro bishwe muri Jenoside baributswe
Urwibitso rwa Kiziguro ahashyinguye imibiri irenga ibihumbi 12 y’abazize Jenoside Ubutumwa bwo kwigirira icyizere, gukomera no gukomeza kwiyubaka nibwo bwahawe imwe mu miryango yabuze ababo bari...
View ArticleNyanza: Abaturage basanga byinshi biba byahizwe mu mihigo bigerwaho
Izi ni inyanya zo mu karere ka Nyanza zihinzwe mu kizu bita Green House cyongereye umusaruro mu buhinzi bwazo. Abaturage batandukanye bo mu karere ka Nyanza baratangaza ko imihigo yiyemezwa n’abayobozi...
View ArticleNgoma: Bashoje ukwezi kwahariwe urubyiruko baremera abatishoboye bacitse ku...
Urubyiruko rwo mu karere ka Ngoma rwashoje ukwezi kwaruhariwe ruremera abatishoboye bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994 bo mu karere ka Ngoma baboroza inka esheshatu....
View ArticleKarongi: Abafatanyabikorwa barasabwa kuba inyongeragaciro mu bikorwa...
Kuri uyu wa 4 Kamena 2014, mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Karongi habereye imurikabikorwa by’abaturage bo muri uwo murenge ryari ryinganjemo ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi bya kijyambere n’imyuga...
View ArticleGisagara: Gukorera ku muhigo byabateje intambwe mu iterambere
Abatuye akarere ka Gisagara baratangaza ko gukorera ku mihigo byabagejeje ku iterambere, kandi ngo nubwo bataragera aho bifuza kugera, bafite icyizere ko bizashoboka babifashijwemo cyane na gahunda...
View ArticleKigeme: Impunzi zirasabwa kugira uruhare mu gucunga umutekano.
Impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Kigeme zirasabwa gukomeza kugira uruhare mu gucunga umutekano wazo mu nkambi zituyemo, kugira ngo zibashe kubona umutekano zaje zishaka. Ibi byagarutsweho kuri...
View ArticleKamonyi: Bibutse jenoside yakorewe abatutsi, bashyingura mu cyubahiro imibiri...
Abantu bitabiriye umuhango wo gushyingura ari benshi Tariki 8/6/ 2014, mu karere ka kamonyi bibutse ku nshuro ya 20 jenoside yakorewe abatutsi, hashyingurwa mu cyubahiro imibiri y’abazize jenoside...
View ArticleNyamagabe: Abaturage bagiye gukangurirwa kwirinda inkongi y’umuriro mu mpenshyi.
Mu gihe twatangiye kwinjira mu gihe cy’impeshyi, abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe bagiye kwegerwa bakangurirwe kwirinda inkongi y’umuriro ijya yibasira imisozi hirya no hino. Uyu ni umwe mu...
View ArticleRutsiro: Guverineri Mukandasira arasaba abayobozi gukurikiranira hafi akagari...
Umuyobozi w’intara y’Uburengerazuba, Mukandasira Caritas, arasaba ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro n’ubw’umurenge wa Rusebeya gukurikiranira hafi akagari ka Ruronde no gukemura amakimbirane agaragara...
View ArticleRusizi: Ibitaro bya Gihundwe byibutse ku nshuro ya 3 abari abakozi babyo...
Kwibuka abari abakozi b’ibitaro bya Gihundwe bazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, byabanjirijwe n’ijoro ryo kwibuka, ahatanzwe ubuhamya bunyuranye bw’ubugome bukabije bwabereye kuri ibyo...
View ArticleGicumbi – Hamenwe ibiyobyabwe bifite agaciro gasaga miliyoni 21 z’amafaranga...
Mu karere ka Gicumbi hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro gasaga miliyoni 21 y’amafaranga y’u Rwanda. Muri iki gikorwa hatumiwe urubyiruko rw’abanyeshuri kugirango rwigishwe ububi bw’ibiyobyabwenge...
View Article