Alleged Lake Rweru bodies are responsibility of Burundi
Police CID chief ACP Theos Badege and police spokesmen ACP Damas Gatare at the media briefing on Thursday Rwanda says investigations to establish concrete facts about the dozens of human bodies which...
View ArticleGatsibo: Hamenwe ibiyobyabyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 3
Abaturage bafatanyije na Polisi kumena ibi biyobyabwenjye Abaturage b’Akarere ka Gatsibo barasabwa kutishora mu biyobyabwenge kuko icyo gikorwa ari icyaha gihanirwa n’amategeko. Ibi ni ibyatangajwe...
View ArticleNyabihu: Abaturage bashima imiyoborere myiza ya Leta
N’ubwo higeze kurangwa umutekano mucye bitewe n’abacengezi bakunze kwibasira Uburengerazuba bw’u Rwanda na Nyabihu irimo, kuri ubu abaturage barashima imiyoborere myiza leta y’ubumwe imaze kubagezaho....
View ArticleNyabihu: bagiye gukora iyo bwabaga mu mihigo bazaze mu myanya ya mbere
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bavuga ko nubwo akarere kabo kazamutse ku mwanya mu mihigo bakava kuwa 28 bakagera kuwa 22, bitavuye ku busa hari byinshi byakozwe mu mibereho myiza, ubutabera...
View ArticleStrengthening service delivery key for good governance
Gakenke Mayor Deogratias Nzamwita called on local leaders in the district to improve public service delivery as a way of stimulating good governance and development. The call was sounded during the...
View ArticleLe centre-ville de Kigali se métamorphose, construction sur 4.8ha d’un...
La maquette de ce building, témoigne déjà du changement du visage de Muhima Le centre-ville de Kigali est en pleine métamorphose et les grands chantiers remplacent les vieilles maisons commerciales....
View ArticleIbanga ryo kwesa imihigo mu karere ka Kireye ni “Inkera y’imihigo”
Inkera y’imihigo ni gahunda akarere kihaye yo gutanga service inoze mu bigo byose birebana na gahunda y’ubuvuzi bikorera mu karere ka Kireh, aho buri kigo Nderabuzima gifatanyije n’Umurenge habaho...
View ArticleKarongi: Polisi y’u Rwanda yatabaye abakozi ba Global Communities bari bagiye...
Aha Polisi yari itwaye icyiciro cya kabiri Polisi y’u Rwanda yo mu mazi (Police Marine) yatabaye abakozi ba Global Communities babarirwa muri mirongo itatu bari bagiye kurohama mu Kivu nyuma yo guhura...
View ArticleMusanze: 50 bitandukanyije na FDLR bibukijwe ko Umunyarwanda nta gaciro...
Umuyobozi wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ku rugamba (RDRC), Jean Sayinzoga, yabwiye abantu 48 bitandukanyije na FDLR ko Umunyarwanda atagira agaciro mu gihe abandi...
View ArticleRusizi: Bahembwe imodoka kubera uruhare bagize mu gucunga umutekano
Mu marushwanywa yakozwe mu turere twose tw’igihugu mu rwego rwo kubungabunga umutekano kubufatanye bw’inzego z’abaturage n’inzego z’umutekano kuwa 25/09/2014, abaturege beretswe imodoka batsindiye mu...
View ArticleRusizi: Barishimira intambwe yatewe mu mwaka w’imihigo wa 2013-2014
Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi burashimira abaturage n’abayobozi bose kuva ku rwego rw’umudugudu kugera ku rwego rw’akarere umurava n’ubwitange bagaragaje mu gushyira mubikorwa gahunda y’imihigo...
View ArticleHuye: Urubyiruko rurishimira ko rwabaye urwa 4 mu kwesa imihigo
ukuriye urubyiruko muri huye Nyuma y’aho akarere ka Huye kabereye aka gatatu mu kwesa imihigo mu mwaka wa 2013-2014, amanota yashyizwe ahagaragara ku itariki ya 26/9/2014 yagaragaje ko urubyiruko rwo...
View ArticleKivuruga: Imiyoborere myiza ifite inkomoko kandi n’aho imiyoborere mibi...
Mu gihe mu bice bitandukanye by’igihugu bari muri gahunda y’ukwezi kwahariwe imiyoborere myiza, mu murenge wa Kivuruga mu karere ka Gakenke umuyobozi w’intara y’amajyaruguru yabwiye abaturage ko...
View ArticleBurera: Nubwo baje ku mwanya wa 20 mu mihigo ngo ibikorwa bahize byose...
Nyuma y’uko akarere ka Burera kabaye aka 20 mu mihogo y’umwaka wa 2013-2014 kandi ubusanzwe katarajyaga kabura mu turere 10 twa mbere, ubuyobozi bw’ako karere buvuga ko bwafashe ingamba kuburyo...
View ArticleRulindo: abaturage basanga guca ibiyobyabwenge bigomba guhera mu bayobozi
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rulindo baratangaza ko umuco wo gukoresha ibiyobyabwenge umaze gufata intera ndende mu batuye aka karere ,ngo aho usanga hari na bamwe mu bayobozi...
View ArticleNyabihu: Amateka iyahoze ari komini Karago yanyuzemo,impamvu ikomeye yo...
Inyana 3 nziza za kijyambere,ni kimwe mu mpano Abaturage ba Karago bageneye abamugariye ku rugamba rwo kubohora u Rwanda nabo barimo Abaturage ba Karago bavuga ko bafite byinshi bashimira ingabo za...
View ArticleKarongi: Biyemeje kubaka inzego zifite ubushobozi bwo gukemura ibibazo...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buributsa abayobozi b’imirenge, utugari n’imidugudu bo muri ako karere ko gukemura ibibazo by’abaturage ari inshingano zabo za buri munsi atari impuhwe kandi ko uwo...
View ArticleGicumbi – Ukwezi kw’imiyoborere myiza gufasha abaturage gukemurirwa ibibazo
Abayobozi bari mu kuganira n’abaturage muri gahunda y’imiyborere myiza Abaturage bari ku murongo babaza ibibazo abayobozi baje kubaganiriza muri gahunda y’imiyoborere myiza Abaturage bo mu karere ka...
View ArticleRusizi: Abayobozi barasabwa gufata ingamba zikumira ibihungabanya umutekano
Abayobozi b’imirenge yose yo mu karere ka Rusizi bafatanyije n’inzego z’umutekano barasabwa gufata ingamba zihamye zo gukumira ibihungabanya umutekano w’abaturage birimo ibitwara ubuzima bw’abantu...
View ArticleKarongi: Local leaders asked to address residents’ issues
Bernard Kayumba, urged local leaders to resolve residents before going to higher authorities Bernard Kayumba, mayor of Karongi district asked local leaders from cell to district level to address...
View Article