Kayonza: Abaturage barasaba abadepite kubegera ngo bumve ibibazo byabo aho...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko abadepite batuzuza inshingano zabo zo gutumikira abaturage nk’uko baba barabitorewe. Ibyo babivuga bashingiye kukuba baheruka abadepite basaba...
View ArticleCity of Kigali, RURA in public Transport improvement drive
Kigali City public transport to be streamlined The City of Kigali and the Rwanda Utilities Regulatory Authority (RURA) have announced plans to improve public transport in Kigali City. According to...
View ArticleAbasuzuma imihigo basabye abanyaburera kuticara ngo barambye kuko inzira...
Itsinda risuzuma imihigo ku rwego rw’igihugu ryasabye ubuyobozi bw’akarere ka Burera gukomeza kwesa imihigo nta guhagarara baharanira ko u Rwanda rugera ku iterambere rirambye neza kandi byihuse. Iryo...
View ArticleAkarere ka Nyamasheke kagaragaje udushya twatumye kesa imihigo mu buhinzi
Gukora ubuhinzi bufite intego kandi abaturage bakaba bafite icyo bashaka gukemura kigaragara ni bimwe mu byatumye akarere ka Nyamasheke kesa umuhigo w’ubuhinzi 100%, nk’uko byagaragajwe kuri uyu wa...
View ArticleRutsiro : Bizeye ko bakoze neza mu mihigo ya 2012/2013
Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Byukusenge Gaspard avuga ko bumva bahagaze neza mu kwesa imihigo y’umwaka ushize wa 2012/2013 kuko ibikorwa byinshi babigezeho ku kigereranyo gishimishije, dore ko...
View ArticleRwanda police extends Vehicle control services to Southern Rwanda
Rwanda police has extended vehicle inspection services to the Southern province of Rwanda,as a way to cut on costs of vehicle owners, when the exercise is done in Kigali. The new control centre is...
View ArticleKayonza: Abakozi b’akarere barashimirwa uburyo bw’imikoranire bafitanye
Abakozi bakorera mu nzego zinyuranye mu karere ka Kayonza barashimirwa uburyo bw’imikoranire bafitanye nk’uko byagaragariye mu isuzuma ry’imihigo y’ako karere y’umwaka wa 2012/2013. Ibi tariki...
View ArticleNyamasheke: Abagize Inama Njyanama y’akarere barasabwa gukurikirana ishyirwa...
Abajyanama mu Nama Njyanama y’akarere ka Nyamasheke barasabwa kuzajya bagira uruhare mu bukangurambaga no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’aka karere kugira ngo barusheho kuyihutisha,...
View ArticleAkarere ka Gatsibo karengeje igipimo kari kihaye mu mihigo y’uyu mwaka –...
Ruboneza Ambroise Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Mu gihe Akarere ka Gatsibo kari kiyemeje kwesa imihigo kagirana na Perezida wa Repubulika ku gipimo kiri ku 100%, ubuyobozi bw’aka Karere butangaza ko...
View ArticleGakenke: Barashimwa udushya bagaragaje bategura isuzuma ry’imihigo ya 2012-2013
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 31/07/2013, itsinda ry’abakozi batandukanye bavuye muri Minisiteri zinyuranye n’izi nzego batangiye gusuzuma imihigo y’Akarere ka Gakenke kahigiye imbere ya...
View ArticleNyamagabe: Kuba nta mirimo myinshi iba mu mpeshyi biri mu byongereye ibyaha.
Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Nyamagabe yateranye kuri uyu wa gatatu tariki ya 31/07/2013, igamije kurebera hamwe uko umutekano wari wifashe mu kwezi kwa Nyakanga ndetse no gufata ingamba...
View ArticleRuhanga- Batashye inyubako y’akagari yatwaye amafaranga asaga Miliyoni 17
Kuri uyu wa 29/07/2013 mu karere ka Kirehe mu murenge wa Kigina batashye inyubako izakorerwamo n’akagari ka Kigina yuzuye itwaye amafaranga agera kuri miliyoni 17 n’ibihumbi 214 na 700, aka kagari...
View ArticleAkarere ka Kirehe bizeye ko bakoze neza mu mihigo y’umwaka wa 2012-2013
Kuri uyu wa 31/07/2013, mu karere ka Kirehe hatangiye igikorwa cyo gusuzuma imihigo Akarere kaba karasinyanye na Perezida wa Repubulika y’Urwanda iki gikorwa kikaba kiri gukurikiranwa n’abayobozi...
View ArticleTanzania main opposition party attacks President Kikwete over FDLR comments
CHADEMA, the biggest opposition party in Tanzania, has for the first time come out against President Jakaya Kikwete’s controversial statement that the Government of Rwanda negotiates with FDLR rebels...
View ArticleBugesera: Abaturage barakangurirwa kureba niba bari k’urutonde rw’abazatora
Umutoni Eliane ushinzwe guhuza ibikorwa by’amatora mu karere ka Bugesera na Rwamagana Mu gihe hitegurwa amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko, azaba mu kwezi kwa 9/2013, Komisiyo y’amatora mu...
View ArticleGakenke prepares for evaluation event in style
A team of workers from different ministries instructed to evaluate performing contracts paid a visit to Gakenke District on Wednesday morning 31-07-2013 where they found all \district officials ready...
View ArticleGisagara: Gukorera mu nyubako nziza birushaho guha icyizere abaturage
Abatuye akarere ka Gisagara barahamya ko kugira inyubako nzima z’utugari bizatuma akazi gakorerwamo kagenda neza kandi n’abayobozi b’utugari bakarushaho kubahwa no kugirirwa icyizere n’abo bayobora....
View ArticleMu ntangiriro za Nzeri nibwo hazamenyekana abemerewe gutora
Tariki ya 01/09/2013 nibwo hazatangazwa abazitabira gutora abadepite Komisiyo y’igihugu y’amatora “NEC” iravuga ko tariki ya 01/09/2013, izashyira ahagaragara urutonde rw’abanyarwanda bazaba bemere...
View Articleubuyobozi bwa polisi butangaza ko icuruzwa ry’ibiyobyabwenge rigenda rifata...
Polisi y’igihugu n’inzego z’ubuyobozi baratangaza ko icuruzwa ry’ibiyobyabwenge mu Rwanda rigenda rifata indi ntera kubera ko inzego z’ibanze ziba zabigizemo uruhare. Ibi ni ibyatangarijwe mu karere...
View ArticleIntara y’amajyepfo: abayobozi barashishikarizwa gufasha mu myiteguro y’amatora
Mu gihe hasigaye ukwezi n’iminsi micye ngo habeho amatora y’abagize inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite, imyiteguro irarimbanije. Ariko, kugira ngo byose bizagende neza, komisiyo y’igihugu...
View Article