Rulindo: abayobozi bitwaye neza mu mihigo bahawe ibihembo.
tariki ya 9/8/2013,mu murenge wa shyorongi ho mu karere ka Rulindo habereye umuhango wo guhemba ibigo byitwaye neza mu mihigo y’umwaka ushize 2012-2013,bikorera mu karere ka Rulindo. Muri iyi gahunda...
View ArticleRulindo: abayobozi mu tugari barasabwa gutanga serivise nziza kandi ku gihe.
Abayobozi mu tugari ngo nibo bayobozi bari hafi cyane y’abaturage kurusha izindi nzego z’ubuyobozi, bityo bakaba bashobora gufatanya n’abaturage kugera kuri byinshi, haramutse habayeho imikoranire...
View ArticleCyanika: Ba Gitifu b’utugari barasabwa kurara mu tugari bakorera mo
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyanika, mu karere ka Burera, asaba abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari tugize uwo murenge kuba ndetse bakarara mu tugari bakoreramo kugira ngo...
View ArticleInama y’umutekano yateranye mu karere ka Kirehe mu rwego rwo kureba uko...
Inama y’umutekano yaguye y’Akarere ka Kirehe yateranye kuri uyu wa 12/08/2013 mu cyumba cy’inama cy’Akarere ikaba yari iteranije inzego zitandukanye z’ubuyobozi nk’ingabo na polisi hamwe...
View ArticleUmuyobozi W’Amajyepfo Arasaba Abayobozi Mu Ntara Kwitwararika Ku Myifatire Yabo
Mu gusoza umwiherero w’abayobozi n’abakozi b’akarere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo, Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo Alphonse Munyentwali yabasabye kwitwararika ku myitwarire yabo kuko ibyo bakora...
View ArticleNgororero: Inama Njyanama y’akarere irasaba ko gutanga amasoko byakorwa mumucyo
Mugihe hari hamaze iminsi hakemangwa ukutabogama mu gutanga amasoko ya Leta mu karere ka Ngororero, Abajyanama bagize inama njanama y’akarere barasaba ko n’amakosa make yabashije kugaragara mumwaka...
View ArticleNyamagabe: Abayobozi barasabwa gukaza umutekano ku nyubako z’ubuyobozi...
Mu nama y’umutekano yaguye idasanzwe y’akarere ka Nyamagabe yateranye tariki ya 14/08/2013 igatumirwamo n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari tugize aka karere, abayobozi basabwe gukaza umutekano...
View ArticleMU KARERE KA NYAGATARE ABAKURU B’IMIDUGUDU BAGARAGAJE IMIHIGO MU KAGALI KA...
NYAGATARE- Gukora igenzura no kongera ubukangurambaga mu bayobozi batandukanye bizaba inzira nziza yo kugera ku iterambere no kwesa imihigo neza kandi ku gihe. Ibi n’ibitangazwa na Kamugisha Charles...
View ArticlePolisi irasaba abantu kudaha umwanya ibihuha by’uko bitaba nimero +229 bagapfa
Nyuma y’uko hari amakuru y’ibihuha’ ari gucicika hagati mu bantu avuga ko umuntu witabye nimero ya terefone itangirwa +229 ahita apfa, Polisi irahumuriza abantu, ibasa kudaha umwanya ibihuha...
View Article“Iyo umuyobozi adakunda abaturage ntiyabateza imbere” – Vice meya w’Akarere...
Inzego zinyuranye zitabiriye iki gikorwa cy’imihigo Kambayire Appoline umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu karere ka Nyanza aravuga ko iyo umuyobozi adakunda abaturage ayoboye...
View ArticleNyamasheke: Abayobozi b’imirenge basabwe gukuramo amakote bakegera abaturage,...
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge 15 igize akarere ka Nyamasheke barasabwa gukuramo amakote bagahaguruka bagakorera abaturage bashinzwe kugira ngo iterambere ryihute. Ibi babisabwe n’Umuyobozi...
View ArticleUmutekano ntuhungabanywa n’amasasu gusa
Ibi byavuzwe na Majoro Rutaremara Emmanuel kuwa 22/8/2013. Yabwiraga abanyaruhashya bari bitabiriye inama bagiranye n’ubuyobozi bw’akarere ka Huye kuri uriya munsi. “Imibanire mu ngo kuri iki gihe ni...
View ArticleNyanza: Umurenge wa Busoro mu Mayaga waje ku isonga mu kwesa imihigo
Umurenge wa Busoro ubarizwa mu gice cyitwa icy’amayaga ukaba ari n’umwe mu mirenge 10 igize akarere ka Nyanza waje ku isonga mu kuba imihigo yose wiyemeje yaragezweho mu mwaka wa 2012-2013 hitawe kuri...
View ArticleNyanza: Abayobozi b’indashyikirwa begukanye ibihembo by’ishimwe
Kuva ku rwego rw’imidugudu kugeza ku rwego rw’akarere ka Nyanza abayobozi babaye indashyikirwa mu mirimo bari bahamagariwe gukora bahawe ibihembo bitandukanye byo kubashimira ko bitaye ku kazi kanoze....
View ArticleBurera: Abaturage baributswa ko amatora atagomba kubabuza gukora indi mirimo
Ubuyobozi bw’akarere ka Burera buributsa abaturage bo muri ako karere ko amatora atagomba kubabuza gukomeza gukora indi mirimo bityo bakaba basabwa kuzayitabira bakurikije igihe cyagenwe kugira ngo...
View ArticleNyanza mayor awards outstanding workers
The outstanding leaders who accomplished the assignments they were given accordingly from Village level to the District level have been rewarded by the District Mayor and the town council. These...
View ArticleRwandan police peacekeepers in Darfur decorated
Amb. Mutaboba decorates a police officer A total of 179 Rwandan Police contingent were awarded with United Nations Service Medals early this week. The decorations were made by Ambassador Joseph...
View ArticleGatsibo: Ishyaka PSD ryerekanye abazarihagararira mu matora y’abadepite
Abarwanashyaka ba PSD bari bitabiriye ari benshi Gukomeza ibikorwa byo guteza imbere abaturage binyujijwe mu buhinzi n’ubworozi no guhanga imirimo mishya ku rubyiruko niyo ntego y’imyaka 5 ishyaka PSD...
View ArticleGuhitamo FPR inkotanyi ni uguhitamo neza – Guverineri Bosenibamwe Aime
Mu gikorwa cyo kwamamaza abakandida b’umuryango FPR inkotanyi bo mu nteko ishingamategeko cyabereye mu murenge wa Bwisige wo mu karere ka Gicumbi Guverineri w’intara y’Amajyaruguru Bosenibamwe Aime...
View ArticleNyanza: Abatoza b’intore baturutse mu gihugu cyose basoje umwiherero wabo
Umwiherero w’iminsi itatu waberaga muri Dayenu Hotel mu karere ka Nyanza uhuje abakozi b’urwego rw’itorero ry’igihugu bo mu turere twose tw’u Rwanda wasojwe kuri uyu wa gatanu tariki 06/09/2013....
View Article